Umuhanuzi Hakizimana Bosco avuga ko yeretswe ko ubwo PapaFrançois azaba arangije urugendo rwe mu gihugu cya Uganda, ari ikimenyetse cyanyuma cy'intamara izabera mu Rwanda. Hakizimana avuga ko Ubwo Papa azaba akuye ikirenge i Bugande umuziki ukomeye uzatangira gucurangirwa murwanda ( intambara ikomeye izahita itangaira mu Rwanda).
Nyamara muburyo buhuje neza neza n'ubuhanuzi bwa Hakizimana, ngo Papa yamaze gutangaza ko azagenderera igihugu cya Uganda mu kwezi kwa 11. Ibindi bihugu ashobora gusura ni ibihugu bya Centrafrique na Kenya. Twabibutsa ko ikindi kimenyetso Hakizimana yari yatanze ari akaduruvayo kagombaga kubera mu gihugu cy'uburundi ngo kuko hazaba hasigaye agahe gato nubundi ako kaduruvayo kakabera no mugihugu cy'u Rwanda. Ndabona igisagaye ari ugusenga bikomeye naho ubundi ntacyo Imana itabwiye abahanuzi.
Ngaho ni mwikurikirire uko Hakizimana Bosco abivuga hano mumagambo ye bwite:
Nyamara muburyo buhuje neza neza n'ubuhanuzi bwa Hakizimana, ngo Papa yamaze gutangaza ko azagenderera igihugu cya Uganda mu kwezi kwa 11. Ibindi bihugu ashobora gusura ni ibihugu bya Centrafrique na Kenya. Twabibutsa ko ikindi kimenyetso Hakizimana yari yatanze ari akaduruvayo kagombaga kubera mu gihugu cy'uburundi ngo kuko hazaba hasigaye agahe gato nubundi ako kaduruvayo kakabera no mugihugu cy'u Rwanda. Ndabona igisagaye ari ugusenga bikomeye naho ubundi ntacyo Imana itabwiye abahanuzi.
Ngaho ni mwikurikirire uko Hakizimana Bosco abivuga hano mumagambo ye bwite: